
Mu gukemura impungenge zihari ku bijyanye n'izamuka ry'ikiguzi cy’uburezi, SanlamAllianz ishishikariza ababyeyi ko ejo heza h’abana babo hagombera ingamba za none hagamijwe kurinda icyahungabanya indoto n’intego bafite ku bana babo.
Ubu bwishingizi mfatirwahamwe bukozwe mu buryo uwishingiwe ari ishuri, naho umubyeyi cyangwa umwishingizi w’umwana akaba ari umunyamuryango ku giti cye muri ubwo bwishingizi mfatirwahamwe.
Abayobozi b’ejo hazaza bakwiye gutegurwa uyu munsi
Twizera ko buri mwana akwiye amahirwe yo gutera imbere kandi ko uburezi bwiza ku mwana ari impamba imufasha gutegura ejo he hazaza. Umuhigo wacu ni ukwishingira no kurinda ko hari icyahungabanya indoto n’ intego ufite ku bana bawe. Mu gihe umubyeyi apfuye cyangwa akagira ubumuga bwa burundu buhoraho, umwana yishyurirwa amafaranga y’ ishuri yigagaho kugeza ashoje icyiriro arimo:
Uzuzamo umwirondoro wawe, maze umukozi wacu ubishinzwe ahite agufasha.